U Rwanda Ruzubakwa n'Amaboko y'Abana Barwo Bose

Inteko itora abagore binjira mu Nteko ishobora kwikuba gatanu

Abagore bagize inteko itora bagenzi babo babahagararira mu Nteko Ishinga Amategeko mu Rwanda, bashobora kongererwa umubare nyuma y�uko umushinga w�itegeko ryongera uwo mubare wagejejwe ku badepite ngo wemezwe. Mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyahuje imitwe ya politiki yemewe ikorera mu Rwanda na Komisiyo y�Igihugu y�Amatora cyabaye ku wa Kane tariki ya 21 Werurwe 2013, Perezida w�iyi Komisiyo [...]

Share

Djibouti yahaye u Rwanda hegiteri 20 z�ubutaka ku nyanja

Ambasaderi w’U Rwanda muri Ethiopia mu isinyira ubutaka bwahawe u Rwanda ku nyanja Mu rwego rwo gufasha mu bucuruzi n�ubuhahirane n�ibindi bihugu byo hirya no hino ku Isi, igihugu cya Djibouti cyahaye u Rwanda ubutaka bungana na hegitari 20 bubarurirwa ku byambu by�icyo gihugu. Kuva ku wa 19 Werurwe 2013, Ambasaderi Nsengimana Joseph uhagarariye u [...]

Share

Mu gihe Ntaganda ari kwerekeza iy’urukiko, Kagame yohereje ingabo muri Congo zo kwica Sultani Makenga

Ingabo M23 – Congo Muri iri joro rya keye ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu taliki ya 22 werurwe 2013, u Rwanda rwohereje amakamyo 6 yuzuye abasilikare ba RDF mu gihugu cya Congo mu gice kiyoborwa na M23 ya Sultani Makenga. Izo ngabo zinjiye muri Congo zinyuze mu kirunga cya Kalisimbi. Aya makuru y�uko abasilikare [...]

Share

Abanyarwanda biciwe mu mashyamba ya Congo: “Natwe dukeneye kwibukwa”

Abanyarwanda barashavuye Niba abo FPR yatsinze muri Congo nabo ari abantu, bakwiye gusabirwa no kwibukwa. Taliki ya 1 Ukwakira 2010, LONI yakoze igikorwa gifite agaciro gakomeye cyane, ubwo yatangazaga ku mugaragaro MAPPING REPORT. Iyo Raporo yerekana ukuntu Abanyarwanda benshi bo mu bwoko bw’Abahutu bishwe urw’agashinyaguro , batagira kirengera , bashonje, bananiwe, barwaye……Loni ivuga n’ukwiye kuryozwa [...]

Share

Leta y’u Rwanda irashimuta urubyiruko ikarwohereza kurwana muri Congo

par Alexis Bakunzibake, Visi-Prezida wa PS Imberakuri Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyirwa mu majwi ko rufasha umutwe witwaje ibirwanisho witwa M23 urwanira mu burasirazuba bwa Kongo, cyane cyane aho akanama k�impuguke ka Loni n�imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu bagaragarije impungenge baterwa no kuba u Rwanda rwarohereje ku mugaragaro ingabo zo gufata umujyi wa Goma, [...]

Share

RDC : Kabila yahawe amasaha 48 ngo abe yatangije ibiganiro na M23

Kuri uyu wa Mbere umutwe wa M23 wahaye Perezida Kabila Joseph wa RDC amasaha 48 ngo abe yatangije ibiganiro nawo, ngo yaramuka atabyubahirije agahura n�ingaruka zikomeye zirimo kongera kubura imirwano. Ikinyamakuru Chimpreport cyanditse ko mbere y�uko umutwe wa M23 wemera kuvana ingabo zawo mu mujyi wa Goma, Perezida Kabila yari yemeye ko agiye gushyira mu [...]

Share

Kubera M23, i Bukavu haratutumba ubuhunzi

Mu gihe mu majyepfo y�Intara ya Kivu ya Repubulika IharaniraDemokarasi ya Congo hakomeje kwiyongera ubwoba buturuka ku kuba aho ingabo za M23 zifatiye imijyi ya Goma na Sake zigatangaza ko zizakomereza ku mujyi wa Bukavu, hari ibimenyetso ko abaturage bashobora guhunga uyu mujyi igihe icyo ari cyo cyose. Ubwo twageraga ku mupaka wa Rusizi ya [...]

Share

Congo: Uwapfuye yarihuse,aho ingabo za ONU zikorana n’umutwe wa M23 ishinja ibyaha by’intambara!

Muri iki gitondo cyo kuwa gatatu taliki ya 21/11/2012 akanama ka Loni gashinzwe AMAHORO ku isi ngo kafashe umwanzuro w’2076 wo gusaba inyeshyamba za M23 ngo kwivana mu mujyi wa Goma kandi zigashyira intwaro hasi zikibagirwa ibyo gukomeza urugamba ! Imvugo nk’iyi n’imyanzuro nk’iyi ubona ari nk’ibyo muri bibiliya, aho yezu yavuze ngo bampabaza mu [...]

Share

Umukuru wa M23 Sultani Makenga yafatiwe ibihano

Abarwanyi bo muri M23 Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Umuryango w’Abibumbye byafatiye ibihano umukuru w’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, Sultani Makenga, bashinja gukora amarorerwa muri Republika iharanira demokarasi ya Congo. ONU yafatiye Sultani Makenga ibihano byo kumubuza gutembera inafatira umutungo we naho Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zifatira umutungo we gusa. Mu kwezi gushize, itsinda ry’impuguke [...]

Share

U Rwanda ruvuga ko rutangiye Senateri Bob Brown wo muri Australia kwinjira mu gihugu

U Rwanda ruvuga ko rutangiye Senateri Bob Brown kwinjira mu gihugu Ubwo Senateri Bob Brown ukomoka muri Australia yatangazaga ko yangiwe kwinjira mu Rwanda, Leta y�u Rwanda itangaza ko nta yindi mpamvu itari ukubera ukwivuguruza mu makuru yatanze mu biro bishinzwe abinjira n�abasohoka. Sen. Brown yari yateguye kugera mu Rwanda kuri uyu Mbere tariki 12 [...]

Share