U Rwanda Ruzubakwa n'Amaboko y'Abana Barwo Bose

Umukuru wa M23 Sultani Makenga yafatiwe ibihano

Abarwanyi bo muri M23

Abarwanyi bo muri M23

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Umuryango w’Abibumbye byafatiye ibihano umukuru w’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, Sultani Makenga, bashinja gukora amarorerwa muri Republika iharanira demokarasi ya Congo.

ONU yafatiye Sultani Makenga ibihano byo kumubuza gutembera inafatira umutungo we naho Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zifatira umutungo we gusa.
Mu kwezi gushize, itsinda ry’impuguke za ONU zavuze ko Urwanda na Uganda biha intwaro n’izindi nkunga umutwe wa M23 ariko ibyo bihugu byombi birabihakana.

Source: BBC Gahuza

Share

Niba ushaka kwohererezwa emails z'ibyandikwa kuri Rwandinfo mu Kinyarwanda,
Injiza email yawe hano:

Bitangwa na FeedBurner

Speak Your Mind

*