U Rwanda Ruzubakwa n'Amaboko y'Abana Barwo Bose

Abasirikare ibihumbi 15 ba SADC mu gufasha Congo mu ntambara yo muri Kivu

Intambara ya kirimbuzi muri Congo : SADC yiyemeje kohereza abasilikare ibihumbi 15 bo guhangana n’u Rwanda na Uganda ! Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo haranuka indi intambara kirimbuzi igiye guhanganisha ibihugu byinshi nk’uko byagenze mu mwaka w’1998 mu ntambara yiswe �intambara y�Afurika�; muri uwo mwaka mu gihugu cya Congo habaye intambara yahuje ingabo z�ibihugu […]

Rwanda-Congo: Leta ya Kagame ikomeje kurunda abasirikari muri Kivu

Bimaze iminsi bivugwa ko leta ya Kagame yaba irimo kohereza abasirikari benshi n�ibikoresho mu gace gafitwe n�inyeshyamba za M23 aherekera cyane Kibumba na Nyiragongo aho bivugwa ko imodoka za gisirikari z�u Rwanda zimaze kuhageza abasirikari benshi bafite n�ibikoresho bikomeye. Ibi bikaba bivugwa mu gihe abasirikari ba SADC nabo barimo kugera mu mujyi wa Goma ndetse […]

Congo: Uwapfuye yarihuse,aho ingabo za ONU zikorana n’umutwe wa M23 ishinja ibyaha by’intambara!

Muri iki gitondo cyo kuwa gatatu taliki ya 21/11/2012 akanama ka Loni gashinzwe AMAHORO ku isi ngo kafashe umwanzuro w’2076 wo gusaba inyeshyamba za M23 ngo kwivana mu mujyi wa Goma kandi zigashyira intwaro hasi zikibagirwa ibyo gukomeza urugamba ! Imvugo nk’iyi n’imyanzuro nk’iyi ubona ari nk’ibyo muri bibiliya, aho yezu yavuze ngo bampabaza mu […]

Umupaka hagati y’u Rwanda na Congo ugiye kujya ufungwa nijoro

Amakuru dukesha Radio Okapi, aravuga ko umupaka w�u Rwanda na Congo guhera ubu uzajya uba ufunze hagati ya saa kumi n�ebyiri za ni mugoroba (18:00) kugeza saa kumi n�ebyiri za mu gitondo (06:00). Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri iki cyumweru tariki ya 21 Ukwakira 2012 na Guverineri wa Kivu y�amajyaruguru Bwana Julien Paluku, rivuga ko […]

Rubavu: Impanuka y�ubwato bwavanaga abantu ku kirwa Iwawa yahitanye batanu

Ku mugoroba wo kuwa gatatu tariki ya 18 Gicurasi 2011, mu kiyaga cya Kivu habereye impanuka y�ubwato bubiri bwagonganye, abantu batanu bahasiga ubuzima. Ubwato bwa Rwanda Revenue Authority (RRA) bwari butwawe na Marine bwagonganye n�ubwato bw�ababyeyi n�abavandimwe b�abana bari barangije amasomo ku kirwa Iwawa, abantu 3 bahise bitaba Imana, abandi 2 bagwa kwa muganga, kugeza […]