U Rwanda Ruzubakwa n'Amaboko y'Abana Barwo Bose

Leta y’u Rwanda irashimuta urubyiruko ikarwohereza kurwana muri Congo

par Alexis Bakunzibake, Visi-Prezida wa PS Imberakuri Mu gihe u Rwanda rukomeje gushyirwa mu majwi ko rufasha umutwe witwaje ibirwanisho witwa M23 urwanira mu burasirazuba bwa Kongo, cyane cyane aho akanama k�impuguke ka Loni n�imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu bagaragarije impungenge baterwa no kuba u Rwanda rwarohereje ku mugaragaro ingabo zo gufata umujyi wa Goma, [...]

Share

Kubera M23, i Bukavu haratutumba ubuhunzi

Mu gihe mu majyepfo y�Intara ya Kivu ya Repubulika IharaniraDemokarasi ya Congo hakomeje kwiyongera ubwoba buturuka ku kuba aho ingabo za M23 zifatiye imijyi ya Goma na Sake zigatangaza ko zizakomereza ku mujyi wa Bukavu, hari ibimenyetso ko abaturage bashobora guhunga uyu mujyi igihe icyo ari cyo cyose. Ubwo twageraga ku mupaka wa Rusizi ya [...]

Share

Congo: Uwapfuye yarihuse,aho ingabo za ONU zikorana n’umutwe wa M23 ishinja ibyaha by’intambara!

Muri iki gitondo cyo kuwa gatatu taliki ya 21/11/2012 akanama ka Loni gashinzwe AMAHORO ku isi ngo kafashe umwanzuro w’2076 wo gusaba inyeshyamba za M23 ngo kwivana mu mujyi wa Goma kandi zigashyira intwaro hasi zikibagirwa ibyo gukomeza urugamba ! Imvugo nk’iyi n’imyanzuro nk’iyi ubona ari nk’ibyo muri bibiliya, aho yezu yavuze ngo bampabaza mu [...]

Share

Umukuru wa M23 Sultani Makenga yafatiwe ibihano

Abarwanyi bo muri M23 Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’Umuryango w’Abibumbye byafatiye ibihano umukuru w’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23, Sultani Makenga, bashinja gukora amarorerwa muri Republika iharanira demokarasi ya Congo. ONU yafatiye Sultani Makenga ibihano byo kumubuza gutembera inafatira umutungo we naho Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zifatira umutungo we gusa. Mu kwezi gushize, itsinda ry’impuguke [...]

Share

U Rwanda ruvuga ko rutangiye Senateri Bob Brown wo muri Australia kwinjira mu gihugu

U Rwanda ruvuga ko rutangiye Senateri Bob Brown kwinjira mu gihugu Ubwo Senateri Bob Brown ukomoka muri Australia yatangazaga ko yangiwe kwinjira mu Rwanda, Leta y�u Rwanda itangaza ko nta yindi mpamvu itari ukubera ukwivuguruza mu makuru yatanze mu biro bishinzwe abinjira n�abasohoka. Sen. Brown yari yateguye kugera mu Rwanda kuri uyu Mbere tariki 12 [...]

Share

M23 yahinduye izina naho umukuru wayo agirwa Jenerali

Umutwe wa M23 watangaje ko wafashe izina rya Arm�e R�volutionnaire Congolaise kandi ukaba uvuga ko uzubura imirwano Leta ya Congo nitemera imishyikirano. Umukuru wa M23 Colonel Sultani Makenga ngo yagizwe Jenerali kubera ko ngo ingabo ayoboye ziyongereye ubwinshi nk�uko tubikesha ibiro ntaramakuru by�abanyamerika Associated Press. Bishop Jean-Marie Runiga umukuru w�uruhande rwa politiki yatangarije i Bunagana [...]

Share

Umupaka hagati y’u Rwanda na Congo ugiye kujya ufungwa nijoro

Amakuru dukesha Radio Okapi, aravuga ko umupaka w�u Rwanda na Congo guhera ubu uzajya uba ufunze hagati ya saa kumi n�ebyiri za ni mugoroba (18:00) kugeza saa kumi n�ebyiri za mu gitondo (06:00). Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri iki cyumweru tariki ya 21 Ukwakira 2012 na Guverineri wa Kivu y�amajyaruguru Bwana Julien Paluku, rivuga ko [...]

Share

U Rwanda ruranenga imikorere y�itangazamakuru ryo mu Bwongereza

U Rwanda ruranenga imikorere y�ibinyamakuru byo mu Bwongereza, ariko by�umwihariko ikinyamakuru The Times mu nkuru cyatangaje ku wa kabiri ku itariki ya 9 Ukwakira 2012, aho cyavugaga ko umubano wa George Mitchell wari Umunyamabanga wa Leta mu Bwongereza ushinzwe Iterambere Mpuzamahanga na Perezida Kagame, ari wo waba waratumye u Bwongereza burekurira u Rwanda kimwe cya [...]

Share

Lambert Mende wa Congo ati: “u Rwanda ntirushobora gufata umujyi wa Goma”

Mu rwego rwo kwitegura inama mpuzamahanga y�umuryango w�ibihugu bivuga ururimi rw�igifaransa izabera i Kinshasa ku mataliki ya 12 kugeza 14/10/2012, Ministre w�itangazamakuru akaba n�umuvugizi wa leta ya Congo Bwana Lambert Mende yagiranye ikiganiro na televiziyo mpuzamahanga y�abafaransa France 24. Muri icyo kiganiro Mende yavuze aho imyiteguro yo kwakira inama mpuzamahanga ya 14 y�ibihugu bivuga ururimi [...]

Share

Mu nama yo ku wa kane i New-York Perezida Kagame yivumbuye nk�abashumba

Umunyamabanga wa Loni Ba Ki moon , Kagame and Kabila hamwa na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi Didier Reynders . Ni mu nama yari yatumijwe n�Umunyamabanga mukuru w�Umuryango w�Abibumbye, Ban-Ki-moon, inama yari kwigirwamo ibibazo bikomeye byo mu karere k�ibiyaga bigari, ariko cyane cyane iby�intambara yashojwe n�inyeshyamba za M23 muri Kongo-Kinshasa. Ubwo minisitiri w�Ububanyi n�amahanga w�Ububiligi, Didier [...]

Share