U Rwanda Ruzubakwa n'Amaboko y'Abana Barwo Bose

Inzara iraca ibintu mu turere tumwe na tumwe tw�intara y�u Burasirazuba

Imirenge imwe n�imwe mu turere twa Kayonza, Ngoma na Kirehe iravugwamo inzara ahanini yatewe n�uruzuba rwacanye biturutse kuri El Nino nk�uko leta y�u Rwanda imaze iminsi ibitangaje. Ubu hamwe na hamwe abaturage bafite aho basuhukira batangiye gusuhuka. Uruzuba rwinshi nirwo ntandaro y�iyi nzara yatumye abaturage barumbya imyaka yabo bityo abari �batunzwe n�ubuhinzi bibaviramo gusonza abashoboye […]
Gahunde

Niba ushaka kwohererezwa emails z'ibyandikwa kuri Rwandinfo mu Kinyarwanda,
Injiza email yawe hano:

Bitangwa na FeedBurner

Speak Your Mind

*