U Rwanda Ruzubakwa n'Amaboko y'Abana Barwo Bose

Rwanda:Imodoka yagonze Umupolisikazi wayihagarikaga iramwica

Mu murenge wa Ntarabana mu karere ka Rulindo ku muhanda wa Kajevuba, imodoka itaramenyekana, mu ijoro ryo kuwa 07 Nyakanga yagonze umupolisi witwa Grace Mukamana ahita ahasiga ubuzima.

Amakuru agera ku Umuseke aremeza ko uyu mupolisi yageragezaga guhagarika iyi modoka bikekwa ko yari itwaye ibiyobyabwenge.

Imodoka yagonze uyu mupolisi ngo yavaga mu bice bya Gicumbi iza Kigali, ubu ngo iri gushakishwa bikomeye.

Inkuru irambuye>>>

Umunyarwanda

Niba ushaka kwohererezwa emails z'ibyandikwa kuri Rwandinfo mu Kinyarwanda,
Injiza email yawe hano:

Bitangwa na FeedBurner

Speak Your Mind

*