Théophile Ntirutwa yari yashimuswe n’inzego z’umutekano zo mu Rwanda ku cyumweru 18/9/2016. Zaraye zimurekuye n’ijoro zimuzana zimupfuse amaso zimuta ku musozi wa Rebero.
Nubwo Bwana Ntirutwa Theophile yarekuwe ariko baramwangije bikomeye! Hano hasi mushobora kumva ikiganiro yagiranye na Radio Inkingi.
Ararusimbutse, aliko abe menge iby’inyenzi ntibishira, buliya bagiye kumwigira indi mipango yo kurangizanya na we ntazongere kuvuga ibyo bamukoreye.