Urubuga rw'Amakuru n'Amateka Mu Rwanda

Umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru Umurabyo yafashwe


Ikinyamakuru cyigenga UMURABYO

Ikinyamakuru cyigenga UMURABYO

Agn�s Uwimana umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru UMURABYO yafashwe na Polisi y’u Rwanda. Umuvugizi wa polisi, Eric Kayiranga, yavuze ko Agnes aregwa ibyaha byo kuvuga nabi umukuru w�igihugu, ingengabitekerezo ya jenoside, gupfobya jenoside, gutangaza amakuru ashobora guteza imvururu mu gihugu no gukangurira abaturage gusuzugura inzego za leta na gahunda za guverinoma.

Mu mwaka wa 2006 Agn�s Uwimana yigeze gufungwa ashinjwa ingengabitekerezo ya jenoside. Icyo gihe ikinyamakuru cyari cyahagaze, cyongera gutangira gusohoka mu mwaka ushize.

Ikinyamakuru Umurabyo cyari mu binyamakuru bisomwa cyane nyuma y�aho ibinyamakuru Umuseso n�Umuvugizi bihagarikwa.

Related:
Rwanda: Newspaper editor skips media council summon, given last chance.

- Niba ushaka kwohererezwa emails z’ibyandikwa kuri Rwandinfo mu Kinyarwanda, kanda hano.
- Niba ushaka kujya usomera inyandiko zo kuri Rwandinfo mu Kinyarwanda ukoresheje RSS Reader yawe, kanda hano.

0 comments

There are no comments yet...

Kick things off by filling out the form below.

Leave a Comment