Umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru Umurabyo yafashwe
Agn�s Uwimana umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru UMURABYO yafashwe na Polisi y’u Rwanda. Umuvugizi wa polisi, Eric Kayiranga, yavuze ko Agnes aregwa ibyaha byo kuvuga nabi umukuru w�igihugu, ingengabitekerezo ya jenoside, gupfobya jenoside, gutangaza amakuru ashobora guteza imvururu mu gihugu no gukangurira abaturage gusuzugura inzego za leta na gahunda za guverinoma.
Mu mwaka wa 2006 Agn�s Uwimana yigeze gufungwa ashinjwa ingengabitekerezo ya jenoside. Icyo gihe ikinyamakuru cyari cyahagaze, cyongera gutangira gusohoka mu mwaka ushize.
Ikinyamakuru Umurabyo cyari mu binyamakuru bisomwa cyane nyuma y�aho ibinyamakuru Umuseso n�Umuvugizi bihagarikwa.
Related:
Rwanda: Newspaper editor skips media council summon, given last chance.
- Niba ushaka kujya usomera inyandiko zo kuri Rwandinfo mu Kinyarwanda ukoresheje RSS Reader yawe, kanda hano.
0 comments
Kick things off by filling out the form below.
Leave a Comment