U Rwanda Ruzubakwa n'Amaboko y'Abana Barwo Bose

Nyabihu: Imvura yangije byinshi, inkuba ihitana batatu

Mu Murenge wa Rambura, Akarere ka Nyabihu, Intara y�Iburengerazuba, hamaze iminsi hagwa imvura nyinshi ku buryo amazu menshi y’abaturage n’imirima yabo byangiritse cyane. Inkuba yakubise abantu batatu bitaba Imana barimo umuntu ukuze umwe n’abana babiri. Iyo mvura yibasiye cyane Akarere ka Nyabihu ndetse n�Akarere ka Rubavu. Nyamara ntiharamenyekana neza agaciro k’ibyo imaze kwangiza kugeza ubu. […]