Paul Rusesabagina ati: Umuti w’ibibazo mu Rwanda ni ugushyiraho akanama k’Ukuri n’Ubwiyunge
Radio Tuganire 08 Gicurasi 2010 yahaye Paul Rusesabagina (intwari yerekanywe muri film “Hotel Rwanda”) urubuga rwo gusobanura impamvu hakenewe Akanama k’Ukuri n’Ubwiyunge mu Rwanda.
- Niba ushaka kwohererezwa emails z’ibyandikwa kuri Rwandinfo mu Kinyarwanda, kanda hano.
- Niba ushaka kujya usomera inyandiko zo kuri Rwandinfo mu Kinyarwanda ukoresheje RSS Reader yawe, kanda hano.
- Niba ushaka kujya usomera inyandiko zo kuri Rwandinfo mu Kinyarwanda ukoresheje RSS Reader yawe, kanda hano.
1 comment
Akenshi nkunda gusoma ibitekerezo byanyu ugasanga muvuga abantu biciwe muri Congo nyamara umenya mutazi ukuntu inkotanyi zishe abantu mu gihugu kuva zicyinjira muri 1990 kugeza muri za 1998 ari ko muri buri mirenge yose y’igihugu bateranya abantu ngo baje mu nama bakarasa bakabarangiza kandi ari ko hose mu gihugu bikorwa. Mumenye ko abaguye mu gihugu bakubye inshuro nka 7 cyangwa 10 abaguye hanze.
Leave a Comment