U Rwanda Ruzubakwa n'Amaboko y'Abana Barwo Bose

Muri izi mvugo 2 za V�nuste Mupenzi twemere iyihe tureke iyihe?

Iyi mvugo iri hano hasi n’iyo yakoresheje muri Rwanda Day yabereye i Gand mu Bubiligi ku itariki ya 10 Kamena 2017 aho avuga ko ari mu kiraro hashyushye ndetse agasaba inkunga Perezida Kagame.

Iyi ni imvugo Bwana V�nuste Mupenzi yakoresheje mu myaka ishize muri Kongere y’iHuriro Nyarwanda RNC aho yavugaga ko Perezida Kagame agomba gukurwa ku butegetsi ku ngufu n’imbunda.

 

Umunyarwanda

Niba ushaka kwohererezwa emails z'ibyandikwa kuri Rwandinfo mu Kinyarwanda,
Injiza email yawe hano:

Bitangwa na FeedBurner

Speak Your Mind

*