Iyi mvugo iri hano hasi n’iyo yakoresheje muri Rwanda Day yabereye i Gand mu Bubiligi ku itariki ya 10 Kamena 2017 aho avuga ko ari mu kiraro hashyushye ndetse agasaba inkunga Perezida Kagame.
Iyi ni imvugo Bwana V�nuste Mupenzi yakoresheje mu myaka ishize muri Kongere y’iHuriro Nyarwanda RNC aho yavugaga ko Perezida Kagame agomba gukurwa ku butegetsi ku ngufu n’imbunda.
Speak Your Mind